Tags : Martin Ngoga

9 batorewe guhagararira u Rwanda muri EALA ni aba…

Muri iki gitondo Abadepite icyenda batorewe guhagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’ibihugu byo mu burasirazuba bwa Africa (EALA) ni;  *Martin Ngoga, *Fatuma Ndangiza, *Oda Gasinzigwa *Rwigema P.Celestin *Dr Kalinda François Xavier * Francine Rutazana * Dr Uwumukiza Francoise * Alexis Bahati * Barimuyabo Jean Claude Mu matora habanje ibikorwa byo kwiyamamaza. Abakandida bose hamwe […]Irambuye

Mugesera uvugwa mu byabaye mu Rwanda ni undi utari jye

“…Bigaragaza ko uwo bavuga ari Mugesera fabriqué(wacuzwe)”; “Ibyo bamuvugaho ni mythe,… ni uguca umugani rwose”; Dr.Leon Mugesera ukurikiranywe n’ubushinjacyaha ibyaha bijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi bishingiye ku ijambo yavugiye ku Kabaya rifatwa nka rutwitsi; kuri uyu wa 11 Kamena yabwiye Urukiko ko kuba umutangabuhamya PMG nta handi yamutanzeho ubuhamya bigaragaza ko Mugesera uvugwa mu kirego […]Irambuye

Martin Ngoga yatorewe gusimbura Abdul Karim Harelimana mu nteko ya

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 16 Werurwe 2015 yatoreye Martin Ngoga gusimbura Hon Sheikh Abdul Karim Harerimana mu Nteko Ishinga Amateko y’Umuryango w’ibihugu bya Africa y’Iburasirazuba, EALA. Martin Ngoga wahoze ari Umushinjacyaha mukuru w’u Rwanda yari amaze amezi ashinzwe kuyobora Komisiyo yashyizweho na Leta y’u Rwanda ngo ikurikirane ikuba […]Irambuye

en_USEnglish