Tags : Marines FC

Gutsindira hanze ya Kigali biragora. Iyo bishobotse biduha ikizere cy’igikombe-

Nyuma y’imikino itanu ya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda, Rayon sports iyoboye urutonde nyuma yo gutsinda umukino iheruka gukinira i Rubavu na Marine FC. Masudi Djuma utoza iyi kipe avuga ko uku gukomeza kwitwara neza mu mikino irimo n’iyo hanze ya Kigali bimwongerera ikizere cyo gutwara igikombe. Mu mpera z’icyumweru twaraye dusoje, shampiyona y’umupira w’amaguru […]Irambuye

Nyuma yo gutsinda Marines 2-0, ubu Rayon niyo ya mbere

Ku munsi wa mbere wa shampionat y’ikiciro cya mbere, kuri iki cyumweru Umujyi wa Rubavu warii wuzuye abafana benshi harimo n’abavuye muri Congo baje kureba umukino wa Rayon Sports na Marines, warangiye Rayon itsinze 2 – 0 bituma ihita ifata umwanya wa mbere by’agateganyo. Igice cya mbere cy’uyu mukino cyihariwe cyane na Rayon sports, umutoza […]Irambuye

Ingengo y’imari ya FERWAFA umwaka utaha ni miliyari 3 na

Remera, 11 Nzeri – Inteko rusange y’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda iterana rimwe mu mwaka yaraye iteranye ihuje abanyamuryango ba FERWAFA ifata imyanzuro itandukanye. Umwe mu ikomeye harimo guhagarika ikipe y’igihugu y’abagore n’iy’abatarengeje imyaka 17 mu mwaka utaha. Muri iyi nteko rusange bemeje ko ikipe y’igihugu nkuru y’abagore n’iyabatarengeje imyaka 17 bazisheshe mu gihe cy’umwaka […]Irambuye

en_USEnglish