Tags : Kigeli

Kigeli amaze gutabarizwa i Mwima ya Nyanza….

Mu muhango ukomeye wo gusezera bwa nyuma Umugogo w’Umwami Kigeli V Ndahindurwa, Umugogo we wageze i Nyanza mu Rukari uherekejwe n’abantu benshi bari mu modoka zisaga 100, harimo abo mu muryango we n’inshuti n’abavandimwe baje kumusezeraho bwa nyuma bwere yo kumushyingura. I Nyanza ubuzima busa n’ubwakomeje uko bisanzwe, gusa bamwe muri rubanda rusanzwe baje kwifatanya n’umuryango […]Irambuye

Igikomangoma Rwigemera cyamaganye iyimikwa rya Yuhi VI Bushayija

Igikomangoma Gerald  Rwigemera ukomoka kuri mukuru wa Mutara Rudahigwa witwaga Etienne Rwigemera yavuze ko adashyigikiye iyimikwa rya Bushayija wiswe Yuhi VI. Ngo uwamwimitse yabikoze ku nyungu ze, ntabwo ari Umwami w’Abanyarwanda. Gerard Rwigemera yatangarijwe ijwi rya Amerika ati: “Ibyo bintu bajya kubikora umuntu witwa Benzinge tukiva mu rukiko naramubwiye nti reka twicare ahantu turebe nk’umukuru […]Irambuye

en_USEnglish