Tags : Kigali City

BYEMEJWE, nta modoka mu muhanda wa ‘Centenary – BK –

Yerekana impamvu zo gukumira ingendo z’imodoka mu muhanda uva kuri ‘feux rouge’ z’imbere y’inyubako ya Centenary House kugera kuri ‘feux rouge’ zo kuri Ecole Belge; kuri uyu wa 19 Kanama; Dr Nkurunziza Alphonse ushinzwe imyubakire; imiturire no gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera mu mugi wa Kigali yavuze ko iki gikorwa kigamije guha ubwinyagamburiro abanyamaguru kugira […]Irambuye

Umuhanda w’i Kigali mu mujyi ugiye kugirwa uw’abanyamaguru gusa

Hari amakuru yemeza ko umuhanda uva kuri ‘feux rouge’ z’imbere y’inyubako ya Centenary House ugaca hagati ya Banki ya Kigali n’inyubako nshya ikoreramo Umujyi wa Kigali kugera kuri ‘feux rouge’ zo kuri Ecole Belge utazongera kunyuramo n’imodoka ahubwo ugiye kuba uw’abanyamaguru gusa. Umujyi wa Kigali uvuga ko aya makuru ariyo ariko utarayatangaho ibirenze ibyo. Ibi […]Irambuye

Athletisme: Kajuga na Muhitira barahiga muri ‘Peace Marathon’

18 Gicurasi 2015- Abakinnyi babiri basa nk’abahiga abandi mu mukino ngororamubiri mu Rwanda wo kwiruka ku maguru Felicien Muhitira ndetse na Kajuga Robert, bombi barahiga mbere y’irushanwa rya Kigali Peace Marathon. Mukiganiro na Umuseke umukinnyi Felicien Muhitira usiganwa ku maguru yatangaje ko yiteguye kwitwara neza mu irushanwa riteganyijwe mu mpera z’iki cyumweru ryiswe ‘Kigali Peace […]Irambuye

Abatuye Nyarutarama barasaba imodoka zabafasha kugera mu Mujyi

Abaturage batuye Nyarutarama barinubira ko mu gihe bajya mu mujyi bibasaba gutega kabiri bigatuma ikiguzi cy’urugendo rwabo kikuba inshuro ebyiri, gusa ubuyobozi bwa sosiyti RFTC ifite isoko ryo kuhakorera ivuga ko uku kwezi kurangira iki kibazo cyabonewe umuti. Abaturage bavuga ko mbere hari imodoka zabakuraga mu mujyi zikanyura Kimihurura-RDB-Nyarutara zikagera Kinyinya. Uburebure bw’iyo nzira bwagabanyijwemo […]Irambuye

en_USEnglish