Tags : Kibuye

Dr. Rwirangira wayoboraga ibitaro bya Kibuye arafunze

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi buremeza ko Dr. Rwirangira Theogene wayoboraga ibitaro bikuru bya Kibuye yatawe muri yombi n’inzego zishinzwe umutekano akekwaho imikorere mibi. Hari amakuru avuga ko Dr. Rwirangira Theogene ufite Ipeti rya Captain mu Gisirikare cy’u Rwanda ashobora kuba afungiye muri Gereza ya Girikare yo ku Murindi. Umuyobozi w’Akarere ka Karongi Ndayisaba Francois yadutangarije ko […]Irambuye

Ubufaransa bwaba bugiye kuburanisha na Charles Twagira

Hashize iminsi micye urubanza rwa Simbikangwa rushojwe, n’ubwo yajuriye, Ubufaransa bwaba bugiye kuburanisha undi munyarwanda ukekwaho uruhare muri Jenocide. Byamejwe kuri uyu wa kane ko Charles Twagira abacamanza batangiye kwiga ku biregwa uyu mugabo wahoze ari umuganga, ubu ukekwaho uruhare muri Genocide yakorewe Abatutsi. Twagira yari muganga mukuru ku bitaro bya Kibuye mu gihe cya […]Irambuye

en_USEnglish