Tags : Kemit

Gukura witwa ‘Ikinyendaro’, ugafatwa ku ngufu ukanduzwa SIDA – ubuzima

“Nakuze numva banyita ‘Ikinyendaro’, wa mwana umubyeyi yabaga yarabyaye adafite umugabo, nkurira muri ubwo buzima kugeza n’iyi saha sinzi ‘Daata wambyaye’ aho namaze kwiyakira nkahura n’umuryango Kemit, kandi nkongera nkatekereza ko umugore ashoboye, ngenda nikuramo bya bintu byo kwitwa umwana w’ikinyendaro.” Uwo ni Bamporiki Beatrice, kubera ubuzima yakuriyemo ntiyamenye imyaka afite, ariko mu gufata indangamuntu […]Irambuye

Babuze abagabo ari bato baritunga kandi banyotewe n’iterambere

Mukamugema Julienne wo muri Kicukiro na Mukashema Rosette ni abagore bitunze nyuma yo guca mu bibazo bikomeye byo gupfakara cyangwa gutabwa n’umugabo ari bato, ubu ubuzima bwabo ntibushingiye ku mugabo, ahubwo bushingiye ku mbaraga z’ubwonko bwabo, kandi batunze neza abana basigaranye. Aba bagore baganiriye n’Umuseke mu mahugurwa barimo yateguwe n’umuryango udaharanira inyungu witwa Kemit, mu […]Irambuye

Kemit yafashije abagore bafite ibibazo mu buzima kumenya gufotora

Umuryango utegamiye kuri Leta, Kemit Rwanda mu mushinga wawo ‘Faces of Life’ wafashije abagore bafite ibibazo mu buzima kumenya gufotora amafoto avuga ashobora kubafasha kumenyekanisha ubuzima bwabo, kuri uyu wa gatanu tariki 14 Kanama nibwo bamuritse amwe mu mafoto babashije gufotora. Antoine Ruburika umuyobozi muri RGB, asanga iki gikorwa ari cyiza ngo kuko cyigamije gufasha […]Irambuye

en_USEnglish