Tags : KCB

Ni muri Africa gusa usanga ubuhinzi bufatwa nk’ishoramari ritihutirwa –

*Umuhinzi muto agiye kubona inguzanyo byoroshye *Nubwo hari inzitizi ngo ubuhunzi ntakiraboneka kibusimbura muri aka karere *Ni muri Africa gusa usanga ubuhinzi bufatwa nk’ishoramari ritihutirwa Umuyobozi wa Banki y’Ubucuruzi y’Abanyakenya (KCB) mu Rwanda, avuga ko igihe ari iki kugira ngo abashora imari mu buhinzi batangire, kuko kurya ntibizahagarara kandi ngo inzitizi zijyanye n’imiterere y’umwuga w’Ubuhinzi […]Irambuye

Mutabaruka yasesenguye impamvu inyungu ku nguzanyo ziri hajuru mu Rwanda

Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) ubwo yagaragazaga politiki y’ifaranga uko ihagaze mu gice cya mbere cy’uyu mwaka wa 2015, hari bamwe bavuze ko mu Rwanda amafaranga y’inyungu zakwa ku nguzanyo (interest rate) ari hejuru cyane. Mutabaruka Jean Jacques ufite ubumenyi mu by’Ubukungu, asanga hari impamvu eshatu zatuma inyungu ku nguzanyo zigabanuka. Mu kiganiro yagiranye n’Umuseke ku […]Irambuye

Western Union igiye kujya ikora ku rwunguko itange umusanzu mu

Nyuma y’umuganda w’igihugu, amabanki atandakanye mu Rwanda binyuze mu mufatanyabikorwa, Western Union (serivisi zo kuhereza no kwakira amafaranga mu buryo bwambuka imipaka), batanze intebe zo mu ishuri 100 ku bigo bya Groupe Scholaire Remera Protestant na Groupe Scholaire Gahanga I, abakoze iki gikorwa baravuga ko iyi ari intangiriro ya gahunda ndende bafite yo kugira uruhare […]Irambuye

en_USEnglish