Tags : Kanama

Raila Odinga ngo natsindwa amatora ya Perezida ya 2017 hazaba

Raila Odinga uhagarariye abatavuga rumwe na Leta muri Kenya yaraye abwiye abamushyigikiye ko nta kabuza bagomba gutsinda amatora yo mukwa munani uyu mwaka ngo bitabaye ibyo ibintu bikaba bibi muri Kenya. Abazatora muri aya matora baritegura kwiyandikisha guhera tariki 14/02/2017.   Perezida Uhuru Kenyatta watsinze Odinga mu matora aherutse, yasabye inzego zishinzwe kubahiriza amategeko kuzahana zihanukiriye […]Irambuye

Rwanda: Bwa mbere abatabona bazatora Perezida bakoresheje Braille

Hehe no gutorerwa, abafite ubumuga bwo kutabona bwa mbere mu matora rusange bazatora bakoresheje inyandiko yabagenewe (abazi kuyikoresha) yitwa Braille. Ubu buryo buzakoreshwa bwa mbere mu matora ya Perezida wa Republika azaba tariki 04 Kanama 2017, nibwo bwa mbere buzaba bukoreshejwe mu matora nk’aya mu Rwanda. Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Komisiyo y’igihugu y’amatora Charles Munyaneza yabwiye […]Irambuye

en_USEnglish