Tags : John Rutayisire

i Musanze hari inzibutso ziteye agahinda zidakwiye no kwitwa inzibutso

Mu kumurikira Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi ibyagezweho na Komisiyo yo kurwanya Jenoside mu mwaka wa 2014-2015 n’ibiteganywa kugerwaho mu mwaka wa 2015-2016; kuri uyu wa 22 Ukwakira umuyobozi mukuru w’iyi Komisiyo John Rutayisire yavuze ko kuba inzibutso za jenoside yakorewe Abatutsi z’Akarere ka Musanze zimeze uko zimeze ubu biteye agahinda. Imbere y’abadepite n’Abasenateri, Komisiyo […]Irambuye

Abakobwa batsinze ‘Tronc Commun’ ni bake n’ubwo bafatiwe ku inota

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri tariki ya 20 Mutarama, Miniteri y’Uburezi n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi (REB) batangaje inota fatizo ryagendeweho mu gutuma abana bajya mu mashuri yisumbuye no gukomeza mu mwaka wa kane. Nubwo abana b’abakobwa bafatiwe ku inota ryo hasi ugereranyije na basaza babo umubare w’abakobwa batsinze uri hasi ugereranyije n’uw’abahungu batsinze […]Irambuye

84% muri ‘primaire’ baratsinze, 86% muri ‘tronc commun’ nabo baratsinda

Kacyiru, 12 Mutarama 2015 – Minisiteri y’uburezi yatangaje ko muri rusange abitabiriye ibizamini bya Leta mu mashuri abanza ari 95.05% by’abari biyandikishije kubikora, mu mwaka ushize hakoze 94,04% by’abari biyandikishije. Naho mu mashuri yisumbuye ikiciro cya mbere uyu mwaka hitabiriye 97,77% by’abiyandikishije mu gihe mu mwaka ushize hari hitabiriye 97,32%. Minisiteri y’ubuzima ikaba ivuga ko […]Irambuye

en_USEnglish