Tags : Jean Claude Seyoboka

S/Ltn Seyoboka yongerewe igihe cyo gufungwa by’agateganyo

Urukiko rwa Gisirikare rw’I Nyamirambo rwemeje ko Sous Lieutenant Seyoboka Henri Jean Claude ukurikiranyweho ibyaha birimo gufata no gusambanya ku gahato abagore muri Jenoside akomeza gufungwa by’agateganyo kugira ngo Ubushinjacyaha bukomeze gukora iperereza. Mu mpera z’icyumweru gishize, Ubushinjacyaha bwa Gisirikare bwari bwatanze iki cyifuzo cyo kongera ifunga ry’agateganyo ryahawe S/Ltn Seyoboka uherutse koherezwa na Canada […]Irambuye

Seyoboka yahakanye ibyaha, amatariki ‘yabikozeho’ ngo yari ku ishuri cg

*Urukiko rwa gisirikare rwatesheje agaciro icyemezo cy’urukiko gacaca rwa Nyarugenge, *Seyoboka yasabiwe gufungwa by’agateganyo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, Jean Claude Henri Seyoboka uherutse koherezwa mu Rwanda kuburana ku byaha bya Jenoside avuye muri Canada yaburanye, noneho yari yunganiwe. Yahakanye ibyaha aregwa, mu matariki ubushinjacyaha bwavuze yabikozemo avuga ko amwe yari ku ishuri […]Irambuye

en_USEnglish