Tags : Isange One Stop Center

1st Lady wa Ethiopia yashimye umurimo wa Isange One Stop

Kuva mu 2009 Isange One Stop Center imaze kwakira abantu 15 000 bahuye n’ihohoterwa, 87% muri bo ni abagore, 57% bari munsi y’imyaka 18, abenshi bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Imirimo y’iki kigo yashimwe cyane na Roman Tesfaye umugore wa Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia uri mu ruzinduko mu Rwanda wasuye iki kigo kuri iki gicamunsi. […]Irambuye

Mme wa Perezida wa Benin yasuye Isange One Stop Center

Aherekejwe na Mme Jeannette Kagame wamwakiriye ejo mu ruzinduko rw’akazi yajemo mu Rwanda, Claudine Talon umugore Perezida Patrice Talon wa Benin, kuri iki gicamunsi yasuye ikigo Isange One Stop Center gikorera ku Kakiru kita cyane ku bakorewe ihohorerwa rishingiye ku gitsina. Commissioner of Police Dr Daniel Nyamwasa watangiranye na Isange One Stop Center  wakiriye aba bashyitsi […]Irambuye

Nyagatare: Isange One Stop Center yafashije abahura n’ihihoterwa

*Nibura Isange One Stop Center ya Nyagatare yakira buri kwezi hagati ya 30 na 50 bahohotewe, *Iyo ari mu gihe cy’ihinga ibyaha biragabanuka, ku mweru w’imyaka bikiyongera. Abahuye n’ikibazo cy’ihohoterwa rishingiye ku gitsina, ikigo Isange One Stop Center kibarizwa mu bitaro bya Nyagatare, mu Ntara y’Uburasirazuba, ibaha ubufasha bwihuse ku buryo bibarinda guhura n’indwara zitandukanye […]Irambuye

Kacyiru: Yajyanye umwana w’imyaka 6 mu ishyamba amufata ku ngufu

Umusore w’imyaka 19 y’amavuko usanzwe ukora ubucuruzi bw’amakarita ya Telephone ku Kacyiru akurikiranyweho gufata ku ngufu umwana w’umukobwa w’imyaka itandatu gusa, ku mugoroba wo kuri uyu wa 15 Nyakanga. Uyu musore aremera ibyo yakoze akanasaba imbabazi. Hari ahagana saa cyenda z’umugoroba uyu mwana w’umukobwa wiga ku ishuri ribanza rya Kacyiru ngo yari yize mu gitondo, […]Irambuye

en_USEnglish