Tags : Isabelle Karihangabo

Abunzi baramutse bahembwe agaciro kabo katakara- Kalihangabo/PS-MINIJUST

Icyegeranyo cy’ibyagezweho mu butabera mu mwaka wa 2015-2016 kigaragaza ko muri uyu mwaka hatowe Abunzi 17 941 barimo 4,5% barangije amashuri makuru na Kaminuza. Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubutabera, Isabelle Kalihangabo avuga ko kuba Abunzi bakora badahembwa ari byo bituma bakorana ubunyangamugayo ku buryo baramutse bagenewe umushahara byazagabanya uyu mutima witanga basanzwe bakorana. Mu mwaka […]Irambuye

MINIJUST ivuga ko hari abanyereza imitungo ya Leta bakayandikisha ku

*U Rwanda, DRCongo, Congo Brazza n’u Burundi bari mu nama yiga gukurikirana Umutungo wa Leta wanyerejwe *Ibi bihugu birarebera hamwe icyakorwa mu Kurwanya ruswa no guca umuco wo kudahana. *Mu Rwanda hari ijambo bita “Kuragira” aho umuyobozi runaka aha imari ye umuntu wigenga akaba ari we uyimucungira ngo we adatahurwa. Mu nama ihurije hamwe abanyamategeko […]Irambuye

en_USEnglish