Tags : International Women’s Day

Igihe kirageze ngo duhane ababyeyi bata inshingano zabo – Min.

Minisitiri Oda Gasinzigwa w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango mu murenge wa Nduba muri Gasabo ahizihirijwe umunsi mpuzamahanga w’umugore ku rwego rw’igihugu yatanze ubutumwa ku babyeyi bata inshingano zabo ko habayeho igihe cyo gufasha no guhendahenda ariko ubu igihe kigeze ngo batangire guhana ababyeyi bata inshingano zabo. Minisitiri yagarukaga ku bibazo byugarije umuryango nyarwanda birimo abana batwara inda […]Irambuye

“Iminsi yose ni iy’abagabo ariko bafatanyije n’abagore babo”- Hon Mukakarangwa

Mu murenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyarugege, bizihirije umunsi mpuzamaanga w’Umugore mu kogo Iwacu Kabusunzu, Hon Depite Mukakarangwa Clotulde, yabwiye abari aho ko iminsi yose ari iy’abagabo bafatanyije n’abagore babo mu rwego rwo kugera ku iterambere bombi. Uyu munsi, waranzwe n’imvura ikomeye yatumye ibirori byo kuwizihiza bikererwaho amasaha ane. Hon Depite Mukakarangwa Clotilde utuye […]Irambuye

Buri mugore/umukobwa winjiye muri RDB yahawe ururabo

Kuri uyu munsi mpuzamahanga w’umugore ku Isi, ku kigo cy’igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere, RDB, bari kwakirana umugore cyangwa umukobwa wese uhinjiye urugwiro rwinshi bakamuha ururabo rwiza rwo kumwifuriza umunsi mwiza. Abagore n’abakobwa, abanyamahanga n’abanyarwanda bari kwinjira ku biro bya RDB ku Gishushu kuva muri iki gitondo byabatunguye cyane kandi byabashimishije. Kuri Twitter, umuyobozi w’ikigo RDB […]Irambuye

en_USEnglish