Tags : Inteko

Ku myaka 16, umwana agiye kwemererwa gukoresha amafaranga uko ashaka

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, umutwe w’Abadepite uri gutora itegeko rishya ry’umuryango n’abantu. Muri iri tegeko harimo ingingo yemerera abana b’imyaka 16 kuba bakora imirimo ibyara inyungu n’akazi, kandi bakaba bakoresha uko bashatse umushahara cyangwa inyungu bakura mubyo bakora. Impaka zabanje kuba zishingiye ku kwibaza niba kuri iki kigero bikwiye ku umwana yemererwa ibi. Mu […]Irambuye

Guverinoma ya Murekezi yiyemeje kuvugurura ubuhinzi n’ubworozi

Ubwo yagezaga ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe yombi gahunda ya Guverinoma yerekeza ku ntego z’umwaka wa 2017, Kuri uyu wa 04 Kanama Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi yagarutse cyane ku gukomeza gahunda zari zisanzweho mu butabera, mu mibereho myiza n’ibindi, gusa avuga ko ubuhinzi n’ubworozi bigiye kongererwa ingufu kugira ngo umusaruro wiyongere kandi bigirire akamaro ababikora. […]Irambuye

en_USEnglish