Tags : Inteko Nyarwanda y’Ururimi n’Umuco

Isoko ryo gutora MissRwanda ryahagaritswe

Igikorwa cyo gutoranya MissRwanda ni kimwe bimaze kugira izina rikomeye mu Rwanda. Mu ntangiriro z’umwaka abakobwa bariyandikisha ngo bahatanire kamba. Ubu isoko risigaye rihabwa abikorera bategura iki gikorwa ryabaye rihagaritswe by’agateganyo. Hamaze iminsi hari ipiganwa ry’abikorera bahataniraga gutegura amatora ya Miss Rwanda 2017. Babiri bari basigaye bahatana ni; General Logistics Service na Rwanda Inspiration Back. […]Irambuye

FESPAD n’Umuganura bigarutse gufasha Abanyarwanda kwishimira ibyo bagezeho- Min Uwacu

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa gatatu, Minisitiri w’umuco na Siporo Uwacu Julienne yavuze ko imyiteguro y’Iserukiramuco Nyafurika ry’imbyino ‘FESPAD’ igeze kure, ndetse ikaba yarahujwe n’umunsi w’umuganura kugira ngo bifashe Abanyarwanda kwishimira ibyo bagezeho, no gufata ingamba ku biri imbere. Ni ku nshuro ya cyenda(9) u Rwanda rugiye kwizihiza umunsi w’Umuganura, n’Iserukiramuco Nyafurika ry’imbyino (FESPAD) […]Irambuye

en_USEnglish