Tags : Intara y’Amajyepfo

Huye ku isonga mu byaha bihungabanya umutekano mu Majyepfo

Mu nama y’Umutekano yaguye yahuje inzego zitandukanye mu Ntara y’Amajyepfo Umukuru wa Polisi muri iyi ntara Chief Superintendent Mukama Simon Peter yatangaje ko akarere ka Huye kaza ku mwanya wa mbere mu kugira ibyaha byinshi bihungabanya umutekano. Iyi nama y’umutekano y’intara yaguye, yabereye mu karere ka Muhanga, kuri uyu wa gatatu yagarutse ku byaha bitandukanye […]Irambuye

PGGSS V: Kuri Sitade y’i Nyagisenyi mu karere ka Nyamagabe

Update: Umuhanzikazi Butera Knowless amaze kubwira abakemurampaka ko ijwi rye ryagiye ataza kuririmba Live ubwo ibyo baza gutangamo amanota, live ntibaza kuyibara. Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 28 Werurwe 2015, irushanwa Prumus Guma Guma Super Star ku nshuro ya gatanu (PGGSS V), igitaramo cyaryo cya kabiri kirabera kuri Sitade y’i Nyagisenyi mu karere ka […]Irambuye

HITAYEZU nyuma yo kubura ikamba rya Miss Rwanda ahugiye kuki?

Belyse Hitayezu yahabwaga cyane amahirwe yo kuba Miss Rwanda 2014 ariko ntibyashoboka ikamba ritwara Colombe Uwase, Belyse ariko aracyari Nyampinga w’Intara y’Amajyepfo kugeza ubu, avuga ko ubu ari gutunganya imishinga ibiri irimo umwe wo gufasha ikigo cy’abana batumva ntibanavuge kiri iwabo mu karere ka Huye mu murenge wa Ngoma. Belyse Hitayezu ubu ahugijwe cyane n’amasomo, […]Irambuye

en_USEnglish