Tags : Innocent Seninga

Seninga Innocent yirukanywe ku mirimo yo gutoza Kiyovu sports

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki 20 Mutarama 2016 Kiyovu Sports yasezereye uwari umutoza wabo Seninga Innocent, bari bamaranye amezi ane gusa. Seninga Innocent yahawe akazi ko gutoza Kiyovu Sports tariki ya 18 Kanama 2015, asimbuye umunya Nigeria Samuel Amamba wari utaramara iminsi 7 ahawe akazi muri iyi kipe nyuma yo gusanga atujuje […]Irambuye

Kiyovu yemeje abatoza babiri mu cyumweru kimwe. Ubu yahawe Seninga

Mu cyumweru gishize Kiyovu Sports yatangaje ko yabonye umutoza mushya ukomoka muri Nigeria, nyuma y’iminsi itatu gusa basanze bari baramwibeshyeho bahise bamwereka umuryango. Iyi kipe y’i Nyamirambo ubu yemeje ko umutoza wayo mushya ari Innocent Seninga watozaga Isonga FC mu mwaka ushize w’imikino. Elie Manirarora Umunyamananga mukuru w’ikipe ya Kiyovu Sports, niwe wemeje ko Innocent […]Irambuye

Innocent Seninga yagizwe umutoza mushya wa Isonga FC

Kuri uyu wa 26 Nzeri 2014 nibwo ubuyobozi bw’ikipe ya Isonga FC bwashyizeho umutoza mukuru mushya w’iyi kipe ikinisha ahanini abakinnyi bakiri bato batarimo abanyamahanga. Uwo ni Innocent Seninga wari umutoza wungirije muri iyi kipe. Uyu mutoza yahawe amasezerano y’umwaka umwe, ahabwa inshingano zo kugumisha Isonga FC mu kiciro cya mbere ndetse no kwigisha abana […]Irambuye

en_USEnglish