Tags : Imfungwa

Beni: Imfungwa z’abasirikare 935 zatorotse hicwa abarinzi 11

Abantu bataramenyekana bitwaje intwaro baraye bagabye igitero ku nzu y’imfungwa mu mujyi wa Beni mu burasirazuba bwa Congo bica abantu 11 barimo abashinzwe kuyirinda banatuma imfungwa 935 zitoroka. Radio Okapi ivuga ko igisirikare cyo cyemeza ko hapfuye abantu umunani gusa. Gereza y’ahitwa Kangbayi mu mujyi wa Beni yarimo abafungwa 966 ubu hasigayemo 31 gusa kandi […]Irambuye

Abagororwa bigaragambije bagiye gufatirwa ibihano harimo no kubatandukanya

*Kuki Kimironko ariho abagororwa bashobora gutinyuka kwigaragambya? *Imyigaragambyo yabo ifitanye isano n’ingaruka zo gushya kwa Gereza ya Kimironko, *Akarere ka Gasabo n’Urwego rw’Amagereza bagiye kureba ibyangijwe n’imyigaragambyo. Amategeko y’u Rwanda ntiyemera imyigaragambyo itasabiwe uruhushya, ku bagororwa ba Kimironko iryo tegeko basa n’abaryirengagije, mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ahagana saa tatu batangira gutera amabuye […]Irambuye

en_USEnglish