Tags : ibyiciro by’ubudehe

Mu gihugu hose 45,5% by’abaturage bagaya ibyiciro by’ubudehe bashyizwemo …

*Serivise z’ubuhinzi n’ubworozi n’iz’ubutabera na zo zinengwa n’abaturage cyane, *Serivise nyinshi zahujwe n’ibyiciro by’ubudehe biri mu bituma ishyirwa mu byiciro binengwa. Kuri uyu wa kabiri Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiyoborere myiza (RGB), cyasohoye raporo y’ubushakashatsi ku ishusho Abaturage babonamo imiyoborere n’imitangire ya Serivisi mu nzego z’ibanze mu mujyi wa Kigali, abaturage banenga uruhare ruke bagira mu […]Irambuye

Mu byiciro by’ubudehe bishya, abaherwe mu Rwanda ni 0,5% muri

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ibyiciro by’Ubudehe bishya, nyuma yo kubisubiramo, mu Rwanda mu ngo 2 358 488 zibumbiye hamwe abaturage 10 382 558, Abanyarwanda bari mu cyiciro cya kane cy’abaherwe ni 0,5% bangana na 58 069 bari mu ngo 11 664, hari uturere abaherwe bangana na 0,0%. Nk’uko Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu […]Irambuye

Abanyeshuri bafite impungenge ku byiciro bishya by’ubudehe

Kuva mu 2013 mu Rwanda hashyizweho gahunda nshya yo gushyira abaturage mu byiciro by’ubudehe, icyo gihe hashyizweho ibyiciro bitandatu. Ibi byiciro byateje sakwe sakwe kuko abenshi batanyuzwe n’amazina yari yabikoreshejwemo . Ubu ibyiciro biri gusubirwamo ngo bizabe bine (4).  Hari impungenge mu biri gusubirwamo. Mu byiciro byari byashyizweho birimo; Abatindi Nyakujya,Abatindi,  Abakene, Abakene bifashije (Abifashije), […]Irambuye

en_USEnglish