Mu rubanza Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buregamo Leon Mugesera ibyaha birimo ibya Jenoside n’ibyibasiye Inyokomuntu, kuri uyu wa 15 Mata, uregwa yabwiye Urukiko ko kubera gahunda z’icyunamo zaberaga muri Gereza atabashije gutegura ibyo anenga ku buhamya bw’abatangabuhamya babiri nk’uko byari byemeranyijweho mu iburanisha riheruka bityo akaba ariyo mpamvu yateguye kuri umwe yananenze ubuhamya bwe none. Urukiko […]Irambuye
Tags : HRW
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bw’ikiremwa muntu HRW mu mpera z’icyumweru gishize washyize ahagaragara itangazo rivuga ko hari intambwe yatewe mu gukurikirana no guhana abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Muri iri tangazo HRW watangaje ko inkinko zo mu gihugu n’inkiko mpuzamahanga zakoze uko zishoboye kugira ngo zitange ubutabera ku bantu bari bakurikiranyweho […]Irambuye