Tags : Howard Buffet

Iyo ndebye ku musaruro simbona undi Abanyarwanda bari guhitamo –

Camp Kigali – Mu nama mpuzamahanga ya World Economic Forum on Africa iri kubera i Kigali, uyu mugoroba habaye ikiganiro nyunguranabitekerezo cyari gifite intero ivuga ngo ‘Partnership and doing Business in Africa”. Cyari kiyobowe (Moderator) na Tony Blair naho abatanga ibitekerezo b’ibanze ari Perezida Paul Kagame n’umushoramari Howard Buffet washoye mu buhinzi mu Burasirazuba bw’u […]Irambuye

Kagame yagaye cyane Abanyeshuri bize muri Israel banga gukora i

I Rwamagana – Mu kiganiro Perezida Paul Kagame yagiranye n’abavuga bakumvwa mu Ntara y’Uburasirazuba, yanenze cyane bamwe mu rubyiruko rw’u Rwanda Leta yatanzeho amafaranga ngo bajye kwiga muri Israel bagaruka mu Rwanda bakanga gukora ibyo bize bijyanye n’ubuhinzi i Nasho muri Kirehe ngo ni mu cyaro. Ni mu ruzinduko rw’iminsi itatu agirira mu Burasirazuba bw’u […]Irambuye

Nasho: Abaturage barashinjwa kudindiza imirimo y’umuherwe Buffet

*Iki kibazo cyahagurukije Abaminisitiri batatu, *Abaturage barashyira mu majwi abayobozi b’ibanze, *Ngo abaturage banga kuzana ibyangombwa ngo bahabwe amafaranga y’ingurane. Mu Burasirazuba bw’u Rwanda, Minisiteri z’Ubuhinzi n’Ubworozi n’iy’Ubutegetsi bw’Igihugu n’imibereho myiza y’abaturage zirashinja abaturage bo mu murenge wa Nasho mu karere ka Kirehe gutinza nkana imirimo y’umushinga wo kuhira imyaka w’umuherwe wo muri Amerika Howard […]Irambuye

en_USEnglish