Tags : Hip Hop

Umuraperi Riderman asanga Hip Hop Nyarwanda yaragambaniwe

Umuraperi Riderman, umwe mu bahanzi bakunzwe cyane mu Rwanda asanga ‘Hip Hop Nyarwanda’ yaragambaniwe ku buryo imeze nk’irimo gucikwa mu Rwanda. Riderman avuga ko Hip Hop yo mu Rwanda ibaho yari muri muzika, bityo ngo uko yafatwaga icyo gihe byanatumye izamuka n’uko ifatwa ubu abonamo itandukaniro rikomeye. Mu myaka iri hagati ya 10 na 15 […]Irambuye

Rev. Past Kayumba Fraterne mu ndirimbo ya Hip hop na

Rev. Pasteri Kayumba Fraterne asanga gukora injyana ya Hip hop muri Gospel biri mu bintu bizakurura urubyiruko rwinshi rukamenya Imana, ikaba ari na yo ntandaro yatumye akora indirimbo ya Hip Hop kugira ngo arusheho gukundisha urubyiruko Imana. Uyu muvugabutumwa avuga ko uyu mwaka ari uwo kuzamura injyana ya Hip hop cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana […]Irambuye

Riderman yemerewe ibitaramo n’ubwo afungishijwe ijisho

Hari amakuru ko umuhanzi Riderman amaze iminsi atamerewe neza kubera impanuka aherutse gukora, bamwe bemeza ko byahungabanyije muzika ye, abandi bavuga ko byanamuteye ubukene. Uyu munsi yabwiye Umuseke uko amerewe ubu, no kuri ibi bivugwa. Muri iki gihe Riderman n’umwunganizi we bari kuburana urubanza kubera ibyangijwe n’abakomerekeye muri iyi mpanuka, ashinjwa ko yaba ari we […]Irambuye

en_USEnglish