Tags : #Green Party

Perezida utorwa ni umwe, uzatsindwa azemere – Abaturage

Ikibazo cy’imvururu zikurikira ibyavuye mu matora cyakunze kuvugwa henshi muri Africa, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu Rwanda isaba abayobozi kwigisha neza abaturage kwemera ibyavuye mu matora nk’uko Prof Mbanda Kalisa uyobora iyi Komisiyo aherutse kubitangariza i Muasanze, Umuseke wabajije abaturage ba Rulindo icyo bavuga kuri iyi ngingo, bavuga ko bazi gutora neza, kandi bizeye umutekano w’u […]Irambuye

Green Party mu rugamba rwo gusaba kuvugurura itegeko ry’amatora

Kuri uyu wa kabiri, Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) ryashyikirije ubusabe ibiro bya Minisitiri w’Intebe bwo gutangiza umushinga wo kuvugurura itegeko rigenga amatora n’irigenga amashyaka mu Rwanda. Green Party yari yagejeje iki cyifuzo ku Nteko Ishinga Amategeko tariki 10 Gashyantare, ariko tariki 10 Werurwe 2016, ngo Inteko […]Irambuye

en_USEnglish