Tags : Girinka

Kuki abahabwa inka muri “Girinka” batazororera hamwe?

*Girinka yavuzweho ko hari Inka zahawe abatazishoboye, *Ruswa muri Komite zishinzwe gutanga izi nka, *Umutekano wa zimwe muri zo hari aho byagaragaye ko ugerwa ku mashyi, *Kororera hamwe byakemura byinshi muri ibi bibazo byagaragaye muri iyi gahunda. Gahunda ya Girinka ni imwe mu za Leta zatanze umusaruro mu imyaka ine y’imbaturabukungu EDPRS I, ndetse iyi […]Irambuye

en_USEnglish