Tags : Gikondo

Umubare w’abamurikabikorwa muri Expo-2014 waragabanutse-PSF

Mu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 21 Nyakanga hagamijwe kwerekana ishusho y’imyiteguro y’imurikagurisha ry’uyu mwaka (Expo 2014) iteganyijwe gufungura imiryango kuri uyu wa Gatatu tariki 23 kugera 06 Kanama; umuyobozi w’Urugaga rw’Abikorera mu Rwanda, Hannington Namara yatangaje ko umubare w’abamurikabikorwa wagabanutse bitewe n’uko abagiye baryitabira mu myaka ishize baguze ibibanza byinshi, abashya babura imyanya. Imibare […]Irambuye

Urubyiruko 802 barangije amahugurwa yo kwihangira imirimo

Kuri uyu wa 17 Nyakanga urubyiruko rugera kuri 802 nirwo rwashoje  amahugurwa y’ukwezi urubyiruko rugenerwa na Dot Rwanda ndetse n’inama y’igihugu y’urubyiruko (NYC)  bakaba bahabwa amasomo y’ikoranabuhanga,kwihangira imirimo n’ibindi. Nyuma yo guhugurwa basaba gukurikiranwa no gufashwa mu bikorwa byo kwiteza imbere. I Gikondo ku kigo cy’abagide aho bamwe mu barangije uyu munsi baherewe impamyabushobozi, abaganiriye […]Irambuye

en_USEnglish