Tags : Gatera Gashabana

Urukiko rwatesheje agaciro ibyo Ubushinjacyaha bwasabiye Uwinkindi

Mu rubanza Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda buregamo Pasitoro Jean Uwinkindi ibyaha bya Jenoside; Kuri uyu wa 29 Nzeri Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi rwanzuye ko ibyasabwe n’Ubushinjacyaha ko uregwa yakongera guhabwa urutonde rw’Abavoka akihitiramo abamwunganira nta shingiro bifite kuko byafashweho umwanzuro ndakuka. Ni imyanzuro yasomwe Ubushinjacyaha budahagarariwe (biremewe mu buryo bw’amategeko); […]Irambuye

Uwinkindi yabwiye urw’Ikirenga ko ibyamukorewe byateguwe

 “ Byakozwe huti huti  hategurwa abatangabumya bazanshinja,”; “ Hategurwa kwirukana abavoka banjye bazi dosiye yose”; “ Hategurwa gushyiraho Abavoka ntazi ”; “ Hahita hakurikiraho icyokere cyo kunshinja, …mbuzwa kwiregura”. Ni ibyatangajwe na Uwinkindi Jean mu rubanza rw’ubujurire yatangiye kuburana n’Ubushinjacyaha kuri uyu wa 06 Mata 2015 aho yabwiye Urukiko rw’Ikirenga ko ibyakozwe byose birimo guhagarika […]Irambuye

Urw’ikirenga rwanze kuburanisha Uwinkindi kuko yazanye Abavoka bafite ICYASHA

 “ Abavoka wazanye Urukiko Rukuru rwabaciye ibihumbi 500, ntibarabitanga, bityo ntibemerewe kungira uwo ariwe wese” “ Kuba batarubahiriza icyemezo ndakuka cyafashwe n’Urukiko ntibakwiye no guhabwa ijambo muri uru ruabanza”, Ubushinjacyaha “ Icyo cyemezo tukimenye ubu, twaje tuzi ko tuje kuburana ubujurire twatanze”, Me Gashabana. Izi ni imvugo zagarutsweho n’impande zombi kuri uyu wa 09 Werurwe […]Irambuye

en_USEnglish