Tags : Felicien Muhitira

Athletisme: Muhitira bita Magare yabonye ikipe mu Butaliyani

Félicien Muhitira bita Magare agiye gukina nk’uwabigize umwuga muri Pachenza Athletics Club yo mu mugi wa Siena mu Butaliyani. Muhitira w’imyaka 22, avuka mu karere ka Bugesera amaze imyaka ibiri gusa akina umukino wo gusiganwa ku maguru. Yamenyekanye mu isiganwa ryo gushaka impano muri uyu mukino ryabereye i Bugesera muri Gashyantare 2013. Muri uwo mwaka […]Irambuye

Muhitira na Nyirarukundo nibo basize abandi muri Kigali Half Marathon

Mu isiganwa ryabaye kuri iki cyumweru ryiswe “Kigali HeForShe Half Marathon”, mu bagabo Felicien Muhitira na Salomée Nyirarukundo mu bagore nibo basize abandi bose begukana ibihumbi 250 n’igikombe kuri buri umwe Iri siganwa ryazengurukaga umujyi wa Kigali ryitabiriwe n’abantu benshi kua mu gitondo cyo kuri iki cyumweru. Abasiganwa bahagurukaga kuri Stade Amahoro bagaca ku Gishushu bagakomeza […]Irambuye

AllAfricaGames: Congo yatsinze u Rwanda muri 1/2

Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru, ikipe y’u Rwanda ya Volleyball yatsinzwe umukino wa kimwe cya kabiri cy’irangiza muri All Africa Games iri kubera i Brazzaville itsinzwe na Congo Brazzaville amaseti atatu kuri imwe. Ni nyuma y’uko ikipe y’u Rwanda itsinze imikino itatu mu itsinda yari irimo igatsindwa ibiri ikabona ticket yo gukina kimwe cya […]Irambuye

Athletisme: Basize umukinnyi ku munota wa nyuma kuko ari umunyamahanga

Kuwa kabiri tariki 24 Werurwe 2015 umukinnyi mpuzamahanga wasiganwaga ku maguru witwa Ndayikengurukiye Cyriaque yakuwe ku rutonde rw’abagomba guserukira u Rwanda muri shampiyona y’isi y’imikino ngororamubiri  iteganijwe kubera mu gihugu cy’Ubushinwa kuko ngo byagaragaye ko ari Umurundi. Uyu musore yari amaze ukwezi yitozanya n’abandi, yari amaze kandi imyaka umunani aserukira u Rwanda mu marushanwa mpuzamahanga. Umuyobozi ushinzwe […]Irambuye

en_USEnglish