Tags : Felicien Kabuga

UN ikwiye guhwitura ibihugu bitita ku gufata abakekwaho Jenoside –

Mu gihe Isi yitegura umunsi Mpuzamahanga guha agaciro abazize icyaha cya Jenoside no kwirinda ko icyo cyaha cyakongera kuba uzaba ku itariki 09 Ukuboza, umuryango ‘Ibuka’ uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda usanga umunsi nk’uyu ukwiye kwibutsa amahanga inshingano mu kurwanya Jenoside, kandi ibihugu bitagaragaza ubushake mu gufata abakekwaho icyo cyaha bigahwiturwa. Ahishakiye […]Irambuye

Ubukangurambaga bushya bwo gushakisha Kabuga na bagenzi be 8

Kuva kuri uyu wa kane tariki 24 Nyakanga, hatangijwe ubukangurambaga bushya bugamije kongera gushishikariza Isi ko ikwiye kugira uruhare mu gushakisha no guta muri yombi Felicien Kabuga na bagenzi be umunani (8) bakekwaho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe abatutsi, ubu ibyapa biriho amasura (amafoto) yabo bigiye gukwirakwizwa hirya no hino ku Isi. Mu gutangiza ubu […]Irambuye

en_USEnglish