Tags : Espérance Nyirasafari

Mme J.Kagame arashima abagore uko bafashe agaciro basubijwe

*Yatashye kumugaragaro inyubako y’ikitegererezo y’iterambere ry’abagore, *Avuga ko nta mugore ukwiye gupfa atanga ubuzima, Madamu Jeannette Kagame yatashye ku mugaragaro igice cya mbere cy’inyubako y’ikigo cy’ikitegererezo cy’iterambere ry’abagore cyubatswe i Gahanga mu karere ka Kicukiro, yashimiye abagore ko bakomeje gusigasira no kubyaza umusaruro agaciro basubijwe nyuma yo kumara imyaka myinshi barahejwe. Iyi nyubako y’impuzamiryango Pro-Femme […]Irambuye

Kamonyi: Police yahaye amashanyarazi ikigo nderabuzima n’ingo 120

*Ikigo nderabuzima hari ubwo cyabyazaga ababyeyi hifashishijwe itoroshi *Muri iyi Police Week ingo zigera ku 3 000 zizacanirwa n’ingufu ziva ku zuba Uyu munsi ibikorwa bya Police week byakorewe mu karere ka Kamonyi na Ngororero aho mu murenge wa Nyarubaka muri Kamonyi ingo 120 zahawe amashanyarazi akomoka ku zuba hamwe n’ikigo nderabuzima cya Nyagihamba kitayagiraga. […]Irambuye

Bana bacu, bakobwa mumenye neza ibibazo bibugarije, mwirinde ababashuka- J.Kagame

Iburengerazuba – Mu muhango wo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umugore Mme Jeannette Kagame wari umushyitsi mukuru aho uyu munsi wizihirijwe ku rwego rw’igihugu i Shyira mu karere ka Nyabihu yatanze ubutumwa bwo gukebura abana b’abakobwa kwirinda ababashuka, anasaba abagore kugaruka ku burere bw’abana babo mu miryango. Mme Jeannette Kagame akaba yagabiye inka 52 imiryango yari izikeneye. Uyu […]Irambuye

Byara uzi ko ufite inshingano uhabwa n’amategeko n’Imana yo kurera

Mu kiganiro n’abanyamakuru cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 14 Ukwakira 2016, Minisitiri Nyirasafari yagarutse ku babyeyi babyara abana bakiyambura inshingano zo kubarera bigatuma bajya kuba inzererezi mu mihanda, abandi bakajya kubareresha mu mashuri imburagihe. Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Espérance Nyirasafari, yasabye ababyeyi gutandukana n’inyamaswa zibyara zigata ibyana byazo, ahubwo bagashyira imbere kubyara abo bazarera […]Irambuye

Muhanga:Abagore b’ibyiringiro basengeye amatora ya 2016

Kuri iki cyumweru mu giterane mpuzamatorero cyateguwe n’abagore b’ibyiringiro mu karere ka Muhanga  Jacqueline Nyinawumuntu Perezida w’ibyiringiro muri aka karere avuga ko bahangayikishijwe no gusengera amatora kuko ngo Ubuyobozi bwose buva ku Mana bityo ko inshingano Abakristo bagira ku isonga haza gusengera igihugu. Iki giterane cyahuje amatorero n’amadini, inzego zitandukanye z’Akarere na bamwe mu bagize […]Irambuye

en_USEnglish