Tags : Emmanuel Kabanda

Kuri ‘Controle Technique’, imodoka zasuzumwaga ku munsi zigiye kwikuba kabiri

Kuri uyu wa 05 Ukwakira, Police y’u Rwanda yagaragaje ibikoresho bishya by’ikoranabuhanga bizifashishwa mu gusuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga. Police ivuga ko izi mashini zizajya zihutisha iyi mirimo isanzwe ibera ahazwi nko kuri ‘Contrôle Technique’ ku buryo imodoka zisusumirwa kuri iki kigo zigiye kwikuba kabiri zikava kuri 300 zikagera ku ziri hagati ya 500 na 700 ku […]Irambuye

Umuhanda wa Kabindi-Convention Center uratangira gukoreshwa kuwa mbere

*Ngo mu masaaha y’amanywa imodoka nini zizajya ziwukumirwamo… Kuri uyu wa 11 Kanama, umugi wa Kigali watangije imirimo yo gutunganya umuhanda uva ku Kabindi (Kimihurura) werekeza kuri ‘Rond point’  nini iri hafi y’inyubako ya Kigali Convention Center, ugakata kuri Hotel Top towel. Ubuyobozi bw’umugi wa Kigali buvuga ko uyu muhanda uzatangira kunyuramo ibinyabiziga mu ntangiro z’icyumweru […]Irambuye

en_USEnglish