Tags : EALA

Dr Sezibera ni we uzatanga raporo ku ihohoterwa yakorewe i

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa mbere tariki 23 Ugushyingo, Perezida w’Inteko y’Abadepite b’Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EALA) baje kumara ibyumweru bibiri i Kigali yavuze ko Dr Richard Sezibera, Umunyamabanga Mukuru wa EAC ariwe uzatanga raporo ku ihohoterwa yakorewe i Bujumbura maze ikazigwaho hagafatwa umwanzuro ugendanye n’ibyo yakorewe. Hon. Daniel Fred Kidega, yabwiye abanyamakuru ko […]Irambuye

F.Xavier Kalinda atorewe gusimbura Kabahizi mu Nteko ya EALA

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda muri iki gitondo cyo kuwa gatanu imaze gutorera Dr Francois Xavier Kalinda guhagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’ibihugu bya Africa y’iburasirazuba, uyu aje gusimbura Hon Celestin Kabahizi weguye muri iyi Nteko mu kwezi kwa gatandatu gushize. Amatora y’usimbura Kabahizi yatangiye ahagana saa tatu n’igice muri iki gitondo, […]Irambuye

Martin Ngoga yatorewe gusimbura Abdul Karim Harelimana mu nteko ya

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 16 Werurwe 2015 yatoreye Martin Ngoga gusimbura Hon Sheikh Abdul Karim Harerimana mu Nteko Ishinga Amateko y’Umuryango w’ibihugu bya Africa y’Iburasirazuba, EALA. Martin Ngoga wahoze ari Umushinjacyaha mukuru w’u Rwanda yari amaze amezi ashinzwe kuyobora Komisiyo yashyizweho na Leta y’u Rwanda ngo ikurikirane ikuba […]Irambuye

en_USEnglish