Tags : Dr. Mark Cyubahiro Bagabe

Umusaruro w’ibigori ushobora kuzagabanukaho 5% – Dr Bagabe/RAB

Mu minsi ishize igihingwa cy’ibigori kibasiwe n’udukoko twa nkongwa twiraye mu mirima y’ibigori dukegeta amababi yabyo. Abahinzi b’iki gihingwa bakunze kugaragaza impungenge z’umusaruro muto kubera ibi byonnyi. Umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’Ubworozi Dr. Mark Cyubahiro Bagabe avuga ko ibigori byari byahinzwe muri iyi sezeni ari bicye bityo ko n’umusaruro wabyo utazagabanuka cyane, akagereranya ko ushobora […]Irambuye

RSB ifite impungenge kuri laboratoire zitanga ibipimo by’ibinyoma

Mu kiganiro n’Abanyamakuru, kuri uyu wa Gatanu, Ikigo cy’igihugu cy’ubuziranenge (RSB) cyerekanye impungenge gifitiye izindi laboratoire ziri mu gihugu  zitanga ibipimo bitanga amakuru y’ibinyoma ku buryo bishobora gushyira ubuzima bw’Abanyarwanda mu kaga. Mu gusura zimwe muri laboratoire za RSB, Abanyamakuru beretswe laboratoire ishinzwe gupima ibikoresho by’ubwubatsi, ishami rishinzwe ibipimo fatizo bijyanye na dimension. Baneretswe kandi […]Irambuye

en_USEnglish