Tags : Dr Hamadoun Touré

U Rwanda ni intangarugero muri Africa yose – Perezida wa

Ubwo yasozaga inama nyafurika yigaga ku iterambere ry’ikoranabuhanga “Transform Africa” yari imaze iminsi itatu ibere mu Rwanda, Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou yavuze ko ikoranabuhanga rishobora guhindura ubukungu bwa Africa, asaba ibihugu byose bya Africa kudasigara inyuma ukundi no gufata urugero ku Rwanda. Perezida wa Niger Mahamadou Issoufou mu ijambo rye, yashimiye u Rwanda na Perezida Kagame […]Irambuye

“Mporana icyizere ko ICT izateza imbere Africa”- Dr Hamadoun Touré

Mu nama y’iminsi ibiri ‘Smart Rwanda Days’ i Kigali, yatangiye kuri uyu wa kane tariki 2 Ukwakira ihuza impuguke zisaga 300 mu bijyanye n’Ikoranabuhanga n’Itumanaho (ICT) muri Africa no ku Isi, Umuyobozi Mukuru w’’Ihuriro Mpuzamahanga ry’ibjyanye n’Ikoranabuhanga ku isi, (IT Union), Dr. Hamadoun Touré yashimiye Perezida Kagame wagize uruhere runini mu itorwa rye anatangaza ko afite […]Irambuye

en_USEnglish