Tags : Dr Binagwaho Agnes

Umweenda wa ‘mutuel de sante’ Leta ifitiye ibitaro uzishyurwa bitarenze

Mu muhango wo kugeza umushinga w’ingengo y’imari ivuguruye ya 2015/16, Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Amb. Gatete Claver yizeje abadepite ko bitarenze ukwezi kwa Werurwe, Leta izaba yamaze kwishyura ibirarane by’umwenda wa mituelle de santé ifitiye ibitaro hirya no hino mu gihugu. Abadepite babajije Minisitiri Gatete imiterere y’iki kibazo n’aho kigeze gikemuka mu buryo bwa burundu, dore […]Irambuye

Abarwara Malaria bariyongera, abahitanwa na yo bo bakagabanuka

*Abayoboye amadini akomeye mu Rwanda batumiwe ngo bafashe MINISANTE kurwanya Malaria *Umubare w’abahitanywe na Malaria wavuye kuri 499 ugera kuri 424 muri 2015 *MINISANTE igiye gutangiza ubukangurambaga budasanzwe bwo kurwanya Malaria *Ntitwicwa na Malaria twicwa no gutinda kujya kwa muganga – Min Binagwaho Mu kiganiro Minisiteri y’Ubuzima yagiranye n’Abanyamadini barebera hamwe ubufatanye mu guhangana no […]Irambuye

en_USEnglish