Tags : Demokarasi

Ngororero: Bafashijwe n”IMBONI’ bageze kuri ‘Demokarasi’ yo kuvuga ibitagenda

Bamwe baturage bo mu Karere ka Ngororero baravuga ko bageze ku rugero bw’ubwisanzure mu kuvuga icyo batekereza nta nkomyi cyangwa kubaza ubuyobozi ibibakorerwa muri gahunda z’iterambere nta ngaruka bibagizeho. Mu kiganiro Umuseke wagiranye na bamwe mu baturage bo mu Karere ka Ngororero, bamwe bavuga ko urugero bagezeho rwo kuvugira mu ruhame ibyo batishimiye byateguwe n’inzego […]Irambuye

Ibiganiro bya Trump, Buhari na Zuma byarangiye neza

Kuri uyu mugoroba Perezida wa America yaganiriye na bagenzi be uwa Nigeria Muhammadu Buhari na Jacob Zuma wa Africa y’Epfo bavuga ku ngingo zitandukanye harimo umubano w’ibihugu byombi, ubufatanye mu bukungu n’amahoro ku mugabane wa Africa. Buhari yashimye Donald Trump, avuga ko yatsinze amatora mu buryo bwa Demokarasi kandi ngo bikwiye kubera isomo abandi bayobozi. […]Irambuye

en_USEnglish