Tags : David Kabuye

Urukiko rwahanishije Capt. Kabuye gufungwa amezi 5, ruhita rutegeka ko

Kimihurura, Gasabo – Urukiko Rukuru kuri uyu wa kabiri ahagana saa cyenda rwahamije David Kabuye (wasezerewe mu ngabo ari ku ipeti rya Kapiteni) icyaha cyo gutukana mu ruhame ariko rumuhanaguraho icyaha cyo guteza imvururu n’imidugararo muri rubanda. Urukiko rwamuhanishije igifungo cy’amezi atanu no gusonerwa igarama ry’urubanza kuko yaburanye afunze. Urukiko rwahise ariko rutegeka ko arekurwa […]Irambuye

Urukiko rwanzuye ko Capt (rtd) Kabuye akurikiranwa afunze

Gasabo – Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo i Rusororo rwategetse kuri uyu wa 02 Nzeri nimugoroba ko uwahoze mu ngabo z’u Rwanda ku ipeti rya Kapiteni David Kabuye akurikiranwa ku cyaha cyo gutunga intwaro ku buryo butemewe n’amategeko aregwa afunze by’agateganyo iminsi 30 ku bw’impungenge zo gutoroka ubutabera. Urukiko rwatangaje ko nyuma yo gusuzuma ibisobanuro byatanzwe n’ubushinjacyaha […]Irambuye

Col Byabagamba na Brig Gen (Rtd) Rusagara urubanza rwabo rwasubitswe

.Ibyaha bitatu bashinjwa byamenyekanye. .Umucuruzi David Kabuye ntiyagaragaye muri uru rubanza kuko ari umusiviri .Sergent Francois Kabayiza yarugaragayemo ntawumwunganira. Urubanza rwa Gisirikari ruregwamo Umusirikari mukuru  Col Tom Byabagamba, ndetse n’abahoze ari abasirikari  Brig Gen Frank Rusagara  na  Sergent Kabayiza Francois bivugwa ko yatwaraga imodoka ya Brig Gen Frank Rusagara, abaregwa bagaragaye imbere y’urukiko uyu munsi, […]Irambuye

Col Byabagamba, Rusagara na Kabuye bafungiye ibyaha by'umutekano

Upadated:Kuri iki cyumweru tariki 25 Kanama umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko na Col Tom Byabagamba nawe yatawe muri yombi kuwa gatandatu w’icyumweru gishize akurikiranyweho ibyaha bifite aho bihuriye n’ibikekwaho Frank Rusagara na David Kabuye.  Col Byabagambe we ukiri mu ngabo, azwi cyane ku kuba yaramaze igihe kinini akuriye ingabo zirinda umutekano wa Perezida Kagame, […]Irambuye

en_USEnglish