Tags : Clinton

Trump ngo ntavuga rumwe n’abanyamakuru kuko ashyira ahabona amafuti yabo

Mu nyandiko ndende umwanditsi Andrew Mwenda yasohoye mu kinyamakuru cye The Independent yasobanuye ko kutavuga rumwe hagati y’itangazamukuru ryo muri USA na Perezida Donald Trump ari uko uyu muyobozi yabonye ubutiriganya bw’abanyamakuru bityo akiyemeza kubushyira ahagaragara. Ibi ngo byatumye ibinyamakuru bikomeye byo muri USA bimwishyiramo byiyemeza guhangana nawe bikoresheje uburyo bifite burimo kwandika, kuvuga ndetse […]Irambuye

Nyamata: Kagame yaganirije urubyiruko rwa GHC ruyobowe na Barbara Bush

*Perezida Kagame yashimye ibikorwa by’uru rubyiruko rwishyize hamwe * Kagame yabasangije amateka y’uburyo yize amashuri muri Uganda bimugoye akaza kurihirwa n’Umubiligi *Yababwiye ko akimara kuba Perezida yagiye gushimira uyu Mubiligi wamurihiye *Kagame yemereye uru rubyiruko ubufasha, ariko by’umwihariko yemera kuzabarihira ubukode bw’aho gukorera mu Rwanda Ni mu mwiherero wabaye kuri uyu wa gatanu tariki 31 […]Irambuye

en_USEnglish