Tags : CIAT

Burera: Inanda n’Urusimba bibangamiye abahinzi b’ibirayi

*Inanda (abahinzi bayita inandi) ngo ifitanye isano n’imihindagurikire y’ibihe, *Muri Burera nta bundi buryo bayirwanya uretse gushakisha mu butaka aho yariye ikirayi, *Barasaba ko imbuto yajya ibagereraho igihe kuko basigaye bahinga batanguranwa n’imvura. Imihindagurikire y’ikirere izana ibyayo, abatuye Burera bemeza ko mbere batajyaga bahura n’ikibazo mu buhinzi, haba ubushyuhe cyangwa izindi ndwara zifata ibihingwa, ubu […]Irambuye

Nyanza: Ubuhinzi bujyanye n’amakuru yizewe y’iteganyagihe mu gace k’Amayaga

*Abaturage bagira uruhare mu guhitamo imyaka bazahinga bagafatanya n’ushinzwe ubuhinzi. Mu Rwanda imbogamizi ikomeye mu buhinzi ni ukubura amakuru y’uko ikirere kizaramuka bituma bamwe mu bahinzi bahombywa no kurumba kw’imyaka bitewe no kutamenya icyo bazahinga bijyanye n’ingano y’imvura izagwa, mu Karere ka Nyanza, mu mpera z’icyumweru gishize, abaturage basobanuriwe ingano y’imvura ihari banumvikana ku bihingwa […]Irambuye

en_USEnglish