Tags : CHENO

Gukunda igihugu si ukwerekana imisozi myiza ni ibikorwa ugikorera

Déo Nkusi ushinzwe guhuza ibikorwa mu rwego rw’igihugu y’intwari impeta n’imidari by’ishimwe yanenze abayobozi mu nzego za Leta barya imari ya Leta kandi iba yarabahaye ibyo bakeneye byose. Kuri we ngo bariya bantu ntibakwiriye kwihandagaza ngo bavuge ko bakunda igihugu kandi bagisahura. Hari mu kiganiro yagiranye n’Umuseke mu rwego rwo kumenyesha abanyarwanda uko imyiteguro w’Umunsi […]Irambuye

U Rwanda ntirukwiye kuba nk’ibihugu bifite ubukungu ariko bidafite ubutwari

Kigali, 20 Mutarama 2015 – Mu gihe Urwego rw’igihugu rushinzwe Intwari z’igihugu, imidari n’impeta by’ishimwe(CHENO) ruri gutegura umunsi w’Intwari wizihizwa kuya mbere Gashyantare buri mwaka, Minisitiri w’umuco na Siporo Ambasaderi Joseph Habineza yatangaje ko ubutwari bw’abanayrwanda atari ubwa none kandi atari n’ubwa cyera gusa. Ko mu myaka 20 ishize buryo abanyarwanda biyubatse nabyo bigaragaza ubutwari […]Irambuye

en_USEnglish