Tags : #BurundiCrisis

Abasirikare b’I Burundi boherejwe mu butumwa bw’akazi bakomeje kwaka ubuhunzi

Bamwe mu basirikare b’u Burundi boherejwe mu butumwa bw’akazi mu bihugu bitandukanye birimo ibyo ku mugabane w’Uburayi na Afurika banze gusubira iwabo, bahitamo kwisabira ubuhungiro, batinya ko baramutse batashye bashobora kugirirwa nabi cyangwa bagafungwa nk’uko byagendekeye bamwe muri bagenzi babo. Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa (RFI) itangaza ko abantu 14 barimo abasirikare n’abapolisi bo umu gihugu cy’u […]Irambuye

Nkurunziza ararahira, yavuze ko azarinda cyane inkiko z’igihugu

IVUGURUYE: Amaze kurahira muri iki gitondo, Perezida Pierre Nkurunziza yavuze ko iyi ariyo manda ye ya nyuma nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga ry’u Burundi. Avuga kandi ko azarinda cyane inkiko z’igihugu mu gihe cyose azaba akiri umuyobozi. Uyu muhango ubusanzwe utumirwamo abayobozi b’ibihugu by’inshuti, uyu munsi witabiriwe n’abatumirwa bo ku rwego rwa Ambasaderi barimo uwa Tanzania, Ubufaransa, […]Irambuye

Ban Ki-moon yahamagaye Museveni bavugana ku kibazo cy’i Burundi

Itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa kabiri mu gitondo rivuga ko Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Ban Ki-moon yahamagaye kuwa mbere Perezida Kaguta Museveni, uyoboye ibiganiro byo guhuza abatumvikana i Burundi, akamubwira ko amushyigikiye muri uwo muhate. Perezida Museveni yamaze iminsi ibiri (14-16/07/2015) i Bujumbura agerahegeza guhuza impande zishyamiranye maze asigaho umuhagararira Minisitiri w’Ingabo Dr Crispus […]Irambuye

Nkurunziza niwe WATSINZE Amatora ya Perezida n’amajwi 69%

Kuri uyu wa gatanu, Pierre Claver Ndayicariye umuyobozi wa Komisiyo y’amatora i Burundi niwe watangaje imibare y’ibanze y’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu i Burundi. Ushyize hamwe amajwi yavuze mu Ntara 18 z’u Burundi, Perezida Nkurunziza niwe wongeye gutorerwa kuyobora u Burundi agize amajwi 69% akurikirwa na Agathon Rwasa wagize amajwi 18%, naho ubwitabire mu gihugu […]Irambuye

en_USEnglish