Tags : Bart Hofker

2018: MINIRENA ivuga ko 30% by’ubuso bw’ubutaka buzaba buteyeho amashyamba

Kuri uyu wa Gatandatu ubwo hizihizwaga isabukuru y’ibiti ku nshuro ya 41 mu Rwanda hanatangizwa igihembwe cyo gutera ibiti, Minisitiri w’ibidukikije n’umutungo kamere, Dr.Vincent Biruta yavuze ko bikwiye ko Abanyarwanda bazirikana akamaro k’amashyamba, avuga ko mu mwaka wa 2018, amashyamba azaba ateye kuri 30% by’ubuso bw’ubutaka bw’u Rwanda. Minisitiri w’Umutungo Kamere, Dr Vincent Biruta wagarutse […]Irambuye

Abantu bantegerejemo byinshi…Nanjye sinzabatenguha-CEO mushya wa MTN

*Abokoresha MTN Mobile Money mu buryo buhoraho buri kwezi bagera muri miliyoni imwe, *Ibyiza biracyaza…Ubu hariho kwishyura na ‘Tap and pay’… Mu ijambo ryumvikanamo indahiro asezeranyije abafatabuguzi ba Sosiyete y’Itumanaho ya MTN Rwanda, Umuyobozi mushya w’iyi sosiyete, Bart Hofker yavuze ko abakoresha umurongo wa MTN n’Abanyarwanda muri rusange bamwitezeho ibyiza byinshi, akavuga ko na we […]Irambuye

en_USEnglish