Tags : Australia

Havumbuwe undi mugabane w’Isi hafi ya Australia wiswe Zealandia

Abashakashatsi bo muri Australia basohoye mu kinyamakuru The Geological Society of America inyandiko isobanura imiterere y’umugabane mushya bavuga ko bavumbuye hafi ya Australia. Uyu mugabane bawuhimbye izina rya Zealandia ukaba ufite ubuso bwa km² miliyoni eshanu, 94% by’ubu buso biri mu nsi y’amazi. Uyu mugabane ngo uri mu Burengerazuba bw’Inyanja ya Pacifique, iyi ikaba ari […]Irambuye

Islamic State yatangaje ko izakora ishyano muri 2017 kurusha indi

Mu itangazo umutwe w’iterabwoba wa Islamic State wasohoye mu Kinyamakuru Jihad Watch waburiye abantu ko bagomba kurya bari menge muri iyi minsi y’impera z’umwaka kuko ngo izica benshi. Muri 2017 ngo izatera ibitero byinshi mu bihugu by’abo yita ‘abahakanyi’. Mbere gato y’uko Noheli y’uyu mwaka iba, umusore ukomoka muri Tunisia bivugwa ko yakoreraga IS yagongesheje […]Irambuye

Australia yabonye Minisitiri w’Intebe mushya wa 6 mu myaka 8

Kuri uyu wa kabiri nibwo Malcolm Turnbull yarahiye nka Minisitiri w’Intebe mushya wa Australia, abaye uwa gatandatu ufashe uyu mwanya mu myaka umunani ishize. Ni inyuma y’uko uwari muri uyu mwanya Tony Abbott avanywe mu mirimo ye. Uyu warahiye yahize kuzahura ubukungu bwasubijwe inyuma n’uko ibintu byiafshe mu Bushinwa. Malcolm Turnbull w’imyaka 60 yahoze ari […]Irambuye

en_USEnglish