Tags : Antoine Kambanda

Ngoma: Kiliziya na Kaminuza byumvikanye ku ikoreshwa ry’ubutaka

Kuwa kabiri, Diyoseze Gatolika ya Kibungo na Kaminuza ya Kibungo (UNIK) basinye umukono ku masezerano yemerera iyi kaminuza kubyaza umusaruro ubutaka bwa Diyosezi hagamijwe guteza imbere abaturage. Aya masezerano yasinyiwe mu biro bya Diyoseze ya Kibungo hagati y’umuyobozi wayo  Mgr Antoine Kambanda n’umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo Prof Silas Lwakabamba, ni amasezerano ngo agamije gukoresha […]Irambuye

Abana benshi b’imfubyi ubu bageze igihe cyo gushaka, bakeneye kwegerwa

Amateka mabi y’u Rwanda mu myaka 21 ishize yasigiye igihugu umubare munini w’impfubyi, abari imfubyi z’imyaka hagati ya 0 na 15 ubu bageze igihe cyo gushyingirwa no kubaka ingo zabo, aba abenshi ntibagize uburere bwo mu miryango bisanzwe, Mgr Antoine Kambanda avuga ko aba bakeneye cyane kwegerwa kugira ngo bubake ingo zihamye. Mgr Kambanda Umushumba […]Irambuye

Padiri Karekezi yashyinguwe, ashimirwa ubuntu n’amahoro byamuranze

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu muri Kiliziya ya Paruwasi ya Rwamagana, abantu benshi cyane bari mu gitambo cya Misa yo gusezeraho bwa nyuma kuri Padiri Dominiko Karekezi. Abafashe ijambo bagarutse ku byamuranze; abantu benshi yagiriye neza, abo yafashije kugera ku buzima bwiza, gufasha impfubyi, ubuntu n’amahoro byamurangaga. Karekezi bamusanze mu nzu ye yapfuye […]Irambuye

en_USEnglish