Tags : Amashanyarazi

Muhanga: Abikorera mu gihombo kubera ibura ry’amashanyarazi

Abikorera bo mu mujyi wa Muhanga, batangarije Umuseke ko bafite igihombo gikomeye bari guterwa n’ibura rya hato na hato ry’umuriro, rituma batabasha gukora cyane cyane mu masaha y’umugoroba, barasaba EWSA kugira icyo ibikoraho. Hashize ukwezi kurenga amashanyarazi muri uyu mujyi wa Muhanga ataboneka guhera saa kumi n’imwe (17h) z’umugoroba akagaruka ahagana saa ine za nijoro. […]Irambuye

PAC ikomeje ubushakashatsi ku gihombo cya miliyari 13 muri EWSA

Akanama gashinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo wa Leta, (PAC) kuri uyu wa kabiri tariki 22 Mata kongeye gusaba ibisobanuro byisumbuye ku byo kahawe tariki 25 Werurwe 2014 na EWSA bijyanye n’igihombo cya miliyari 13 z’amafaranga y’u Rwanda yaburiwe irengero nk’uko byagaragajwe na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta ya 2011-2012. Uyu munsi abagize aka kanama bagiye […]Irambuye

en_USEnglish