Tags : Al Qaida

Trump yemeza ko iyicarubozo ku byihebe ntacyo ritwaye

Perezida mushya wa USA Donald Trump yatangaje ko akebo ibyihebe bigereramo abantu ariko nabyo bigomba kugererwamo. Donald Trump yemeza gukorera iyicarubozo ibyihebe cyangwa abakekwaho ibikorwa by’ubwiyahuzi ibyo ntacyo bitwaye. Avuga ko we n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ingabo James Mattis hamwe n’ukuriye CIA Mike Pompeo bateganya uko hashyirwaho ingamba zo kujya bakura amakuru mu byihebe hakoreshejwe iyicarubozo […]Irambuye

Abashinjwa iterabwoba no gukorana na IS mu Rwanda, baburanye mu

Abagabo 14 n’abakobwa batatu (3) bahagaze ku mirongo  babanje kuvuga imyirondoro yabo. N’abanyamategeko batatu bunganiye bamwe muri aba bakekwaho ibyaha byo gukorana n’umutwe wiyitirira idini ya Islamu (IS), Ubushinjacyaha bwahise busaba umucamanza ko bufite inzitizi ebyiri, zirimo izo gushyira uru uru rubanza mu muhezo no gukuramo ingofero kuri bamwe bari bazambaye kimwe n’abakobwa bari bambaye […]Irambuye

en_USEnglish