Tags : African

Dr Biruta asanga nta gasigane gakwiye kuba mu kurinda iyangirika

Kuri uyu wa kane i Kigali hasojwe inama yo ku rwego rw Afurika yiga ku ihindagurika ry’ikirere n’ibyuka bihumanya ikirere, Afurika ngo ihura n’ingaruka zikomoye ziterwa n’ihumana ry’ikirere ariko ngo kurinda ko ikirere gikomeza kwangirika bisaba ubufatanye bw’abantu bose. Minisitiri w’Umutungo Kamere Dr Vincent Biruta yavuze ko nta muntu ufite uruhare ruruta urw’undi kandi ko […]Irambuye

en_USEnglish