Tags : Abafite ubumuga

Abafite ubumuga ngo bafite imbogamizi mu kubona serivize z’ubuzima, n’izo

Inama yahuje abahagarariye abatite ubumuga butandukanye, abakozi b’Urugaga rw’Abafite ubumuga n’abafatanya bikorwa batanga izo serivise, abafite ubumuga bagaragaje ko mu bikorwa by’ubuzima no kwirinda SIDA imbogamizi zikiri nyinshi kugira ngo babone serivisi. Mu mbogamizi zagaragajwe harimo imiterere y’imyubakire y’ahatangirwa izo serivise, ubushobozi bw’abakozi bake batanga izo serivise badashobora kumvikana n’abafite ubumuga, guhohoterwa, guhezwa no kutamenya […]Irambuye

Gahini- Ibarura ku bukana bw'ubumuga mu Rwanda ryatangijwe

Mu  Ntara y’ Uburasirazuba ku Bitaro bya Gahini, mu Karere ka Kayonza Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu ifatanyije n’inzego z’ubuyobozi bw’ibanze batangije gahunda yo kubarura abafite ubumuga mu rwego rwo kumenya ubukana bw’ubumuga bwabo ngo bavuzwe. Abafatanyabikorwa muri iyi gahunda barimo abaganga bazafatanya  na MINALOC gushyira abafite ubumuga mu byiciro bitanu, nk’uko byavuzwe n’Umunyamabanga wa Leta muri […]Irambuye

en_USEnglish