Tags : Abadepite

Hon Ruku asanga n’uri munsi y’imyaka 35 yayobora u Rwanda

Ubwo habaga igikorwa cyo kwemeza ishingiro ry’Umushinga wo kuvugurura Itegeko Nshinga mu Nteko rusange y’abadepite, Depite John Rukumbura bita Ruku, yavuze ko imyaka 35 iteganywa n’Itegeko ku muntu ushaka kwiyamamaza ari myinshi ku buryo hari benshi izakumira batarageza iyo myaka kandi bafite ubushobozi. Hon Ruku kimwe n’abandi badepite bagendaga batanga ibitekerezo kuri zimwe mu ngingo […]Irambuye

RSSB, EWSA, RRA, na RBC byahombeje Leta za miliyari, abo

Ubwo umugenzunzi mukuru w’imari ya Leta yagezaga raporo igaragaza uko ingengo y’imari y’umwaka wa 2013-2014 yakoreshejwe ku bagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi kuri uyu wa 11 Gicurasi 2015, abagize inteko bavuze ko niba ibyo iyi raporo igaragaza ari ukuri, byaba ari agahomamunwa bitewe n’ibigo bitandukanye nka Rwanda Revenue, RSSB, EWSA n’ibindi byahombeje Leta amafaranga […]Irambuye

“RDF ntikeneye ingwizamurongo kugira ngo yubahurize ihame ry’uburinganire,” Gen Kabarebe

Kuwa kabiri tariki ya 3 Kamena 2014, ubwo Minisiteri y’Ingabo z’igihugu yatangarizaga komisiyo y’Ubukungu n’Ingengo y’Imari ibijyanye n’uko yakoresheje amafaranga yahawe mu mwaka ushize, ikanatanga ingengo y’imari izakenera, Minisitiri w’Ingabo Gen Kabarebe yahakaniye abadepite ko RDF itashyira mu gisirikare abakobwa badashoboye ngo kugira ngo gusa yubahirize ihame ry’uburinganire. Nk’uko bisanzwe, buri rwego rwerekana uko rwakoresheje […]Irambuye

PAC ikomeje ubushakashatsi ku gihombo cya miliyari 13 muri EWSA

Akanama gashinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo wa Leta, (PAC) kuri uyu wa kabiri tariki 22 Mata kongeye gusaba ibisobanuro byisumbuye ku byo kahawe tariki 25 Werurwe 2014 na EWSA bijyanye n’igihombo cya miliyari 13 z’amafaranga y’u Rwanda yaburiwe irengero nk’uko byagaragajwe na raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’imari ya Leta ya 2011-2012. Uyu munsi abagize aka kanama bagiye […]Irambuye

en_USEnglish