Month: <span>January 2012</span>

IRAN yakatiye urwo gupfa umunyamerika ishinja ubutasi

Umunyamerika ukomoka muri Iran yakatiwe igihano cyo kwicwa n’urukiko rw’I Tehran ashinjwa kuba intasi yoherejwe na  CIA gushaka amakuru muri Iran.   Amir Mirzai Hekmati, ngo agomba gupfa kubera gufatanya n’igihugu cy’umwanzi wa Iran, kuba umwe mu bagize CIA no kugerageza kwerekena ko Iran iri mu bikorwa by’iterabwoba nkuko byatangajwe. Amir, 28, mu rubanza rwe […]Irambuye

Raporo yindi ku iraswa ry’indege ya Habyarimana irasohoka kuri uyu

Paris- Nihe harasiwe Missiles zagushije indege y’uwari president Habyarimana tariki ya 6 Mata 1994? Zarashwe nande? Imyanzuro y’ubushakashatsi igaragazwa kuri uyu wa kabiri tariki 10 Mata i Paris yaba izagaragaza ukuri? Muri Mata 2010 abafaransa b’abacamanza mu kurwanya iterabwoba, Marc Trévidic na Nathalie Poux bohereje inzobere eshanu; muri geometrie, balistique,  mu biturika n’inkongi, gukurikirana ahantu […]Irambuye

Nyanza: Barinubira ko bahawe amazi meza ariko ntibirambe

N’ubwo Leta igenda ishyira ingufu mu kongera ibikorwa bitanga amezi meza ku baturage mu mijyi no mu byaro, hari hamwe na hamwe usanga bene ibyo bikorwa bititabwaho bikangirika nyuma y’igihe gito. Mu kwangirika kw’ibi bikorwa remezo, abaturage bahakana uruhare rwabo, bagashyira mu majwi ba rwiyemezamirimo, ko batubaka ibi bikorwa kuburyo burambye. Nyuma y’igihe kinini bavoma […]Irambuye

Umuryango wa Beyonce na Jay Z bibarutse umwana w'umukobwa bamwita

Nyuma y’igihe kinini mu binyamakuru havugwa cyane ku buzima bwa Beyonce n’uwo yaratwite, aho bamwe bavugaga ko abeshya adatwite, abandi bakavuga ko yabyaye umwana udashyitse, mu ijoro rya keye byatangajwe noneho ko yibaruka umwana w’umukobwa maze bamwita Blue Ivy Carter. Beyoncé Knowles  umubyeyi w’imyaka 30 na Shawn Carter uzwi ku izina rya Jay-Z w’imyaka 40, ku […]Irambuye

Ingendo zongeye kuba ikibazo mu itangira ry’amashuri

Bamwe mu babyeyi baherekeza abana babo  ku mashuri, barinubira ko ikibazo cy’ibura  ry’ imodoka muri gare ya Nyabugogo mu gihe cy’ ifungura  kitarakemuka burundu, ngo hari sosiyete zitwara abagenzi zidatanga servisi ku bayeshuri  nk’uko ziba zabyemeranijwe na Minisiteri y’Uburezi Aba babyeyi bakaba basaba ko ababishinzwe babikurikiranira hafi nkuko babitangaje kuri iki cyumweru mu gihe abanyeshuri […]Irambuye

Miliyari zirenga 77 nizo ziyongereye ku Ngengo y’Imari y’Umwaka wa

Kuri uyu wa kane, tariki 5 Mutarama 2012,  Inteko rusange y’Umutwe w’Abadepite, nyuma yo kumva ibisobanuro ku isesengura ryakozwe na Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo by’Igihugu, yatowe itegeko rivugurura kandi ryuzuza itegeko no 24/2011 ryo kuwa 29/06/2011 rigena ingengo y’Imari ya Leta y’umwaka wa 2011/2012.  Miliyari igihumbi n’ijana na mirongo icyenda n’enye, miliyoni ijana na mirongo […]Irambuye

Thierry Henry yamaze kugera muri Arsenal

Uyu mukinnyi wahoze akinira Arsenal, yayigarutsemo ku ntizanyo y’amezi abiri atanzwe n’ikipe ye New York Red bulls. Uyu musore w’imyaka 34, yari amaze iminsi yitozanya na Arsenal kuva shampionat muri USA yarangira. Azanywe kugirango afashe Arsenal mu gutaha izamu, muri uku kwezi kwa mbere n’ukwa kabiri igihe rutahizamu Gervinho na Shamakh bazaba bari mu gikombe […]Irambuye

Amwe mu magambo meza wakoresha utereta

Bene aya magambo aryohera abayabwirwa cyane, arabasetsa, ariko kandi abagera kure ku mutima bitewe n’uburyo n’aho uyamubwiriye. Aya ni amwe wazakoresha ukareba ikivamo: Ku maso: Aya nuyamubwira, ugomba kuba uri kumureba hagati mu maso ye –          Iyo mbonye amaso yawe numva urukundo runyuzuye. –          Amaso yawe anyereka ko tuzahora twishimye iteka –          So ni umujura, […]Irambuye

Kure mu cyaro ibyari inzozi z’amashanyarazi byabaye impamo

Mu miterere y’u Rwanda, hari ibyaro umuntu uba mu mujyi cyangwa mu mahanga atakwibaza ko byaba bifite ibikorwa remezo nk’amashanyarazi. Kuba bisa n’ibitangaje kumuntu utari uwaho, ni nako bitangaje ku baturage batuye ku dusanteri (centre) twa  Rwanteru, Kiyanzi, Rwantonde n’ahandi hirya cyane mu burasirazuba mu karere ka Kirehe, mu mirenge ihana imbibi n’Uburundi na Tanzania. […]Irambuye

Hejuru y’imyaka 80 baryoherwa cyane n’imibonano mpuzabitsina

Inzobere z’abaganga b’aba nyamerika zakoze ubushakashatsi ku bagore bari hejuru y’imyaka 80 ku byerekeye imibonano mpuzabitsina n’uburyo abayikora bagera ku byishimo. Mu bagore 806 bakozweho ubushakashatsi, bose bari ku kigero cy’imyaka 80 kuzamura ngo nubwo gake cyane aribwo bakora imibonano mpuzabitsina, ariko bagize ibyishimo bidasanzwe mu nshuro bayikoze. 67% muribo, bemeje ko bageze ku byishimo […]Irambuye

en_USEnglish