Tags : YALE University

Abantu 10% ku isi bavuka batagejeje igihe…Ngo bituma benshi bapfa

Ubushakashatsi bwakozwe na Kaminuza ya Yale bwerekanye ko abantu bavutse igihe kitageze bahura n’ibibazo mu buzima bikaba byatuma bamwe bapfa imburagihe. Nubwo abahanga bemeza ko umuntu ashobora gupfa azize impamvu zitandukanye zirimo impanuka, ngo abantu bavutse igihe kitageze baba bafite ibyago byinshi byo kuzarwara indwara zabahitana nk’izifata umutima, imitsi na za cancers. Abahanga bo muri […]Irambuye

U Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga ku murage n’umuco mu 2017

*Imiti gakondo irimo, imiravumba, ibisura, imyenya, n’indi ngo iri gucika Abayobozi b’ingoro ndangamurage zikomeye ku Isi n’ibigo bifite aho bihuriye n’umuco bateraniye mu karere ka Karongi guhera ku wa mbere, barungurana ibitekerezo ku uko umurage n’umuco bihagaze ku Isi, mu myiteguro y’Inama Mpuzamahanga kuri ibyo izaba ku nshuro ya gatatu ku Isi, bwa mbere muri […]Irambuye

en_USEnglish